News

Ku mugoroba wo ku wa Kane, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakurikiye umukino wa 4 mu Itsinda "Nile Conference, ...
For the first time, Rwanda is hosting the Basketball Africa League (BAL) group stage games, with the Nile Conference taking place at BK Arena in Kigali from May 17 to May 25, 2025. This marks a ...
Ministiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yasabye Abanyarwanda kurwanya ikintu cyose cyabangamira ubumwe bwabo, ahubwo bakarwanya abakibiba ingengabitekerezo ya Jenoside ndetse n’abapfobya Jenoside ...
Abayobozi b'ibigo by'amashuri ya Leta yo mu Karere ka Gasabo, barasaba inzego zibishinzwe kwishyura ibirarane by'amafaranga leta ibaha yo gukemura ibibazo bya buri munsi by'ubuzima bw'ishuri, kuko ...
Aborozi bo mu Karere ka Gatsibo bavuze ko kwegerezwa amasoko y’amatungo cyane cyane ay’inka azwi nk’ibikomera, byabafashije kubona aho bagurishiriza amatungo yabo badahenzwe n’abitwa abatenezi cyangwa ...
Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente, yashimangiye ko u Rwanda ruzi neza akamaro ko gukorana kw’ibihugu kugira ngo bigere ku ntego yo guhuza Umugabane wa Afurika. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa ...
Abari abakozi ba Perefegitura ya Byumba barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bavuze ko bakibangamiwe n’icyo bise “indwara ya ceceka” ikiri muri bamwe mu bantu badashaka gutanga amakuru ku bandi bakozi ...
Perezida Paul Kagame uri i Paris mu Bufaransa, yahuye na mugenzi we, Emmanuel Marcon, aho baganiriye ku bibazo byerekeye Isi ndetse n’imikoranire itanga umusaruro hagati y’Ibihugu byombi. Ibiro ...
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye Umuyobozi wa Komite Mpuzamahanga y'Umuryango utabara imbabare, Croix Rouge, ku Isi, Mirjana Spoljaric Egger ndetse n'umuyobozi w'uyu muryango muri ...
Umuryango Never Again-Rwanda wasabye inzego zibishinzwe kwihutisha ishyirwaho rya politike y'igihugu y'uburere mboneragihugu, nk'imwe mu ngamba zo kugabanya ibibazo bikibangamiye ubumwe ...
Abahanga mu by'ubukungu bavuga ko ingamba zihariye zizamura ubukungu Leta y’u Rwanda yashyizeho zikwiye kujyana no gutegura abantu bafite ubumenyi bukenewe mu nzego zose z'ubukungu. Ikigo cy'Igihugu ...
Umuryango Heifer International Rwanda binyuze mu irushanwa ‘AYuTE Africa Challenge’ rya 2025, wahembye miliyoni 50 Frw, ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bafite imishinga myiza y’ikoranabuhanga mu ...